UBURYO BWIZA WAMENYA KANDI UKIRINDA KORONAVIRUSI

UBURYO BWIZA WAMENYA   KANDI UKIRINDA  KORONAVIRUSI

Ishuri Rikuru ry’Ubuzima rya Ruli (RHIH) nk’ishuri rikuru  ryigenga  rya Kiliziya Gatolika kandi ryigisha  ibijyanye n’ubuzima. Twifatanije n’Abanyarwanda n’abatuye  isi yose  muri rusange  mu rugamba rwo  guhangana n’icyorezo kitwugarije cya koronavirusi tuboherereza  ubu butumwa  bw’ikarishyabwenge bugenewe  kwirinda ndetse no kurinda bagenzi bacu  iki cyorezo.

Ibikubiye muri ubu butumwa  byakusanyijwe  hashingiwe  ku makuru y’ikigo mpuzamahanga gishinzwe ubuzima (WHO), Ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika  gishinzwe gukumira no kurwanya  indwara (CDC) na Minisiteri y’ubuzima mu Rwanda (MOH).

CLICK HERE TO READ MORE